
Ubuyobozi bw'umurenge wa Runda wo mu karere ka kamonyi bwemeje ko bwamenye ikibazo cy'umugabo wapfiriye muri pisine ya Lemon Hills Hotel ndetse bugiye kugikurikirana
Amakuru y'urupfu rw'uwo mugabo yamenyekanye ku mugoroba wa taliki ya 31 Kanama 2026, bivugwa ko yari ari koga muri pisine y'iriya Hotel iherereye mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Runda, mu kagari ka Ruyenzi maze yikubitamo arapfa gusa ntabwo hari bwamenyekane ikibazo yagiriyemo
Ni amakuru yemejwe n'umunyamabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Runda Ndayisaba Jean Pierre Egide avugana n'umunyamakuru wa PIN RWANDA , aho yavuze ko yari arimo kwerekeza kuri Lemon Hills Hotel kuri uyu mugoroba kugirango ngo amenye byinshi kuri uru rupfu.
Inkuru irambuye ni mukanya......
Ibitecyerezo (0)
Andika igitecyerezo cyawe hano hasi: